Gigi Kety uri mu banyamakuru b'igitsinagore bafite ubwiza buhebuje hano mu Rwanda, yakoze ubukwe n'umukunzi we (Amafoto) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umunyamakuru wa Isibo TV, Mahoro Ketia uzwi nka Gigi Kety, yaraye akoze ubukwe n'umukunzi we Fred Karuganda.

Ejo ku cyumweru tariki 29 Nyakanga 2023, nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa n'aho ku wa 4 Kanama hazaba indi mihango y'ubukwe, irimo no gusezerana imbere y'Imana.

Kety azwi cyane mu kiganiro 'Chapa Chapa Show' cya Isibo Tv. Ndetse kandi asanzwe ari rwiyemezamirimo washinze inzu y'imideli yise 'Blance Boutique'.



Source : https://yegob.rw/gigi-kety-uri-mu-banyamakuru-bigitsinagore-bafite-ubwiza-buhebuje-hano-mu-rwanda-yakoze-ubukwe-numukunzi-we-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)