Hari abagize bati "Narinziko nibura twayigura nka 10k", "Tuzayibona gute se?" Abafana ba Rayon Sports ntibavuga rumwe ku giciro cy'umwambaro ikipe yabo yatangaje - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Rayon Sports yashyize hanze ibiciro by'umwambaro izajya ikinana, is aba abafana bayo kumugura gusa ntabwo ikiguzi cyawo kiri kuvugwaho rumwe kuko hari abavuga ko ihenze abandi bakavuga ko idahenze.

Amakuru yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Rayon Sports yagize iti 'Itegure kwihahira umwambaro w'ikipe yawe. Harabura ibyumweru bibiri gusa Umukunzi wa Rayon Sports akaberwa n'umwambaro w'ikipe ye.

Abishyize hamwe nk'itsinda, Muhendukirwa muguze imyambaro myinshi.'

Ibi byiciro by'uyu mwambaro wa Rayon Sports ntabwo abafana bayo babivugaho rumwe, kuko bamwe baravuga ko ihenze abandi baravuga ko zihenze.

 



Source : https://yegob.rw/hari-abagize-bati-narinziko-nibura-twayigura-nka-10k-tuzayibona-gute-se-abafana-ba-rayon-sports-ntibavuga-rumwe-ku-giciro-cyumwambaro-ikipe-yabo-yatangaje/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)