Ibintu bye birimo Imana: Amashusho y'ibintu Mugisha Bonheur yakoreye ikipe ya Al-Hilal yatumye abantu babona ko uyu musore ahishiye byinshi Abanyarwanda -AMASHUSHO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ibintu bye birimo Imana: Amashusho y'ibintu Mugisha Bonheur yakoreye ikipe ya Al-Hilal yatumye abantu babona ko uyu musore ahishiye byinshi Abanyarwanda.

Mugisha Bonheur bakunze kwita Casemiro uherutse kuva mu ikipe ya APR FC akerekeza muri Al Ahly Tripoli Libya ubwo iyi kipe ye yakinaga na Al-Hilal yo muri Arabia Saudite uyu musore winjiye mu kibuga asimbuye yagiye akora ibikorwa bitandukanye bigaragaza ko mu myaka iri mbere u Rwanda ruzaba rufite umukinnyi myiza ukina hagati mu kibuga.

Amashusho:

 

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n'umunyamakuru Reagan Rugaju:



Source : https://yegob.rw/ibintu-bye-birimo-imana-amashusho-yibintu-mugisha-bonheur-yakoreye-ikipe-ya-al-hilal-yatumye-abantu-babona-ko-uyu-musore-ahishiye-byinshi-abanyarwanda-amashusho/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)