Ibyo kuba ari umukobwa yabyirengagije maze ahita akuramo umwenda! Rutahizamu w'ikipe y'abagore ya Nigeria yishimiye itsinzi mu buryo budasanzwe - AMAFOTO  - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Rutahizamu Assisat Oshoala akomeje kugarukwaho cyane nyuma yo gufasha ikipe ye ya Nigeria yatsinze Australia ibitego 3-2 mu gikombe cy'Isi cy'abagore.

Nigeria niyo kipe ya mbere yo muri Africa yatsinze umukino muri iki gikombe cya 2023. Ni umukino wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023.

Assisat Oshoala abaye Umunya-Nigeria wa mbere utsinze mu bikombe by'Isi 3 bitandukanye nyuma y'aho muri uyu mukino atsinze igitego maze akishimira akuramo umwenda yari yambaye.



Source : https://yegob.rw/ibyo-kuba-ari-umukobwa-yabyirengagije-maze-ahita-akuramo-umwenda-rutahizamu-wikipe-yabagore-ya-nigeria-yishimiye-itsinzi-mu-buryo-budasanzwe-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)