Kabaye: Umusaza rukukuri umenyerewe muri filime nyaRwanda nyuma y'igihe atagaragara yaje mu ishusho nshya n'iherena ku zuru ahigira kwegukana igikobwa kimwe mu byana bigize Kigali Boss Babes - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umusaza rukukuri umenyerewe muri filime nyaRwanda nyuma y'igihe atagaragara yaje mu ishusho nshya n'iherena ku zuru ahigira kwegukana igikobwa kimwe mu byana bigize Kigali Boss Babes

Umusaza umenyerewe muri filime nyaRwanda Byumwihariko muri filime yigeze gukinamo yitwa Muzehe Kevin, yagarutse agaragara nka bimwe by'abajeni intego ye ari ukwigarurira ukukobwa umwe mu bagize Kigali Boss Babes nayo ikomeje gutitiza umugi.

Mu rwenya rwinshi uyu musaza yavugaga ko aje avuye muri Chikago ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse yaje afite iherena ku zuru na Tenture mu mutwe ibisanzwe bitamenyerewe ku basaza bari mu myaka nkiye.

Reba video hasi.. 👇🏽

 



Source : https://yegob.rw/kabaye-umusaza-rukukuri-umenyerewe-muri-filime-nyarwanda-nyuma-yigihe-atagaragara-yaje-mu-ishusho-nshya-niherena-ku-zuru-ahigira-kwegukana-igikobwa-kimwe-mu-byana-bigize-kigali-boss-babes/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)