Kenny Sol Na Harmonize Umuriro Uratse. Ibyo Kugura Inzu I Kigali Byo Ni Ibiki? - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'One more time' ni imwe mu ndirimbo nziza kuri Album Umuhanzi Kenny Sol aherutse gushyira hanze, iriho abahanzi bakomeye harimo na Harmonize wo muri Tanzania.

Mu masaha 10 gusa basohoye amashusho, abarenga ibihumbi ijana bamaze kuyireba.

Ni indirimbo ifite amagambo meza wabwira umukunzi, gusa Harmonize anavugamo ko agiye kugura inzu i Kigali kubera urukundo.



Source : https://yegob.rw/kenny-sol-na-harmonize-umuriro-uratse-ibyo-kugura-inzu-i-kigali-byo-ni-ibiki/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)