Remera: Abana bari kuba mu nzu iriho shitingi nyuma y'uko umubyeyi wabo akuyeho isakaro, inzugi n'amadirishya akabigurisha kuri make make ndetse agahita anajyana na byo (AMAFOTO) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Remera: Abana bari kuba mu nzu iriho shitingi nyuma y'uko umubyeyi wabo akuyeho isakaro, inzugi n'amadirishya akabigurisha kuri make make ndetse agahita anajyana na byo

Mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, hari abana bari kuba muri Shitingi nyuma y'aho umubyeyi wabo agurishije isakaro ry'inzu, agakuraho inzugi n'amadirishya akagenda na n'ubu bakaba batazi aho aba.

Aba bana baganiriye na TV1 dukesha iyi nkuru bavuze ko umubyeyi wabo yabataye mu nzu agasiga akuyeho isakaro, inzu n'amadirishya yari ari ku nzu.



Source : https://yegob.rw/remera-abana-bari-kuba-mu-nzu-iriho-shitingi-nyuma-yuko-umubyeyi-wabo-akuyeho-isakaro-inzugi-namadirishya-akabigurisha-kuri-make-make-ndetse-agahita-anajyana-na-byo-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)