Ruhango: Umugore yasize urubyaro rwe mu nzu ari nijoro yiruka ntakimwirukanyije apfira ku irembo iwe - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu karere Ruhango mugore wari ucumbitse mu murenge wa Byimana yasanzwe yapfuye urupfu rutunguranye.

Abaturage baravuga ko yasohotse mu nzu nijoro akabwira abana ngo bahunge hari abagabo bari kumwirukankana.

Uwo mugore yageze ku irembo arapfa baravuga ko abaye uwa Kane upfiriye muri iyo nzu muri ubwo buryo.

Abaturage bakomeza bavuga ko batewe ubwoba niyo nzu itajya imaramo igihe abantu bayicumbitsemo dore ko n'uwuyigiyemo wese avamo yapfuye.



Source : https://yegob.rw/ruhango-umugore-yasize-abana-mu-nzu-ari-nijoro-yiruka-ntakimwirukanyije-apfira-ku-irembo-iwe/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)