Uyu ari so wamukorera iki? Nge nazajya menya ko namuhinduriye ibara ry'umusatsi buri kwezi kuko kumirwa byaba byaravuye ho, Abantu bacitse ururondogoro nyuma y'umusaza rukukuri ukina Filime ukomeje guca impaka, afite n'iherena mu zuru - YEGOB #rwanda #RwO

webrwanda
0

Uyu ari so wamukorera iki? Nge nazajya menya ko namuhinduriye ibara ry'umusatsi buri kwezi kuko kumirwa byaba byaravuye ho, Abantu bacitse ururondogoro nyuma y'umusaza rukukuri ukina Filime ukomeje guca impaka, afite n'iherena mu zuru

Mu busanzwe mu muco nyarwanda bizwi neza ko abantu bakuze mo(abasaza) ari bamwe mu baba bafite infmdangagaciro ndetse ari n'abo bagakwiye gukebura abato mu gihe batannye bagaca mu nzira idakwiye.

Gusa mu buryo butunguranye Umusaza ukina Filime wamamaye mu yitwa Muzehe Kevin yongeye kutuma abantu bacika ururondogoro nyuma yo kubona uko yahinduye imisatsi ndetse akaba afite n'iherena mu zuru.

Binyuze ku mbuga nkoranyambaga hari uwabajije uti ese uyu ari so wakora iki? Ako kanya ubitekerezo byisukiranyije ndetse bamwe bashimangira ko biriya ari akazi ntaho bihuriye nimico yumuntu.

Gusa abamuzi neza bavuze ko byamylukukiyemo ko no muri rubanda yitwara nk'umusore ukiri muto.

Reba bimwe mu bitekerezo byakoresha urubuga rwa Twitter..

 

 



Source : https://yegob.rw/uyu-ari-so-wamukorera-iki-nge-nazajya-menya-ko-namuhinduriye-ibara-ryumusatsi-buri-kwezi-kuko-kumirwa-byaba-byaravuye-ho-abantu-bacitse-ururondogoro-nyuma-yumusaza-rukukuri-ukina-filime-ukomeje/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)