Wagira ngo ni muri paradizo: Irebere ahantu hateye ubwuzu Bruna Boy yakoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y'amavuko (Amashusho) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Wagira ngo ni muri paradizo: Irebere ahantu hateye ubwuzu umuhanzi Bruna Boy yakoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y'amavuko.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ahantu umuhanzi ukomeye cyane hano muri Afurika Damini Ebunoluwa Ogulu wamamaye cyane nka Burna Boy yizihirije ibirori by'isabukuru ye y'amavuko dore ko yujuje imyaka 32.

Amashusho:



Source : https://yegob.rw/wagira-ngo-ni-muri-paradizo-irebere-ahantu-hateye-ubwuzu-bruna-boy-yakoreye-ibirori-byo-kwizihiza-isabukuru-ye-yamavuko-amashusho/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)