"Wowe uri akuzukuru kuri we" Umunyamakuru Aissa Cyiza yateje impagarara kuri Twitter nyuma y'uko hari umusore wamusabye ko bakora ubukwe yabyanga nyamusore agahita agana iy'ubutabera - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umunyamakuru Aissa Cyiza yateje impagarara kuri Twitter nyuma y'uko hari umusore wamusabye ko bakora ubukwe yabyanga nyamusore agahita agana iy'ubutabera.

Ku rubuga rwa Twitter hakomeje gutangwa ibitekerezo bitandukanye ku busabe bw'umusore wihebeye umunyamakuru Aissa Cyiza.

Uwitwa Kemanique ku rubuga rwa Twitter yasabye Aissa Cyiza ko bakora ubukwe yabyanga akagana iy'ubutabera.

Aissa nawe yamubwiye ko bagomba kubukora ko uyu mwaka utari buze kubasiga batabukoze.

Ababonye ibyo bagize icyo batangiza aho babwiye uyu musore ko ari umwuzukuru.

 



Source : https://yegob.rw/wowe-uri-akuzukuru-kuri-we-umunyamakuru-aissa-cyiza-yateje-impagarara-kuri-twitter-nyuma-yuko-hari-umusore-wamusabye-ko-bakora-ubukwe-yabyanga-nyamusore-agahita-agana-iyubutabera/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)