'Abana n'ubumuga gusa umugabo we umugezeho yifuza kumujya mu maguru kubera ibigereranwa na zahabu yibitsemo' Umugore ufite ubumuga umaze kubyara abana bane ku bagabo bane yavuze ukuntu abagabo bifuza kuryamana na we kubera ibintu buri wese ahora ashaka yi

webrwanda
0

'Abana n'ubumuga gusa umugabo we umugezeho yifuza kumujya mu maguru kubera ibigereranwa na zahabu yibitsemo' Umugore ufite ubumuga umaze kubyara abana bane ku bagabo bane yavuze ukuntu abagabo bifuza kuryamana na we kubera ibintu buri wese ahora ashaka yibitsemo.

Uyu mugore usanzwe ubana n'ubumuga yatanze ubuhamya bugendanye n'ubuzima bwe ariko buza kubabaza benshi, aho yavuze ko bigendanye n'urukundo mu buzima bwe ndetse n'abagabo bagiye baza bamubeshya ko bamukunda ariko bikaza kugaragara ko hari ibindi bashakaga.

Uyu witwa Joyce Kansime, ni umugore utorohewe n'ubumuga avuga ko abagabo bagiye bamufatirana nabwo, bakamubeshya ko bamukunda ndetse we akagira ngo ibyo bamubwira ni ukuri.

We avuga ko bazaga bashaka kuryamana na we gusa kuko ngo umuntu wese baryamanye amutera amashaba n'amahirwe mu byo akora byose.

Iyi niyo mpamvu yabanye n'abagabo barenga bane bose bamubeshya ko bamukunda kandi bishakira kuryamana na we gusa.



Source : https://yegob.rw/abana-nubumuga-gusa-umugabo-we-umugezeho-yifuza-kumujya-mu-maguru-kubera-ibigereranwa-na-zahabu-yibitsemo-umugore-ufite-ubumuga-umaze-kubyara-abana-bane-ku-bagabo-bane-yavuze-ukuntu-abagabo-bifu/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)