Akomeje kuyiba ntamiyaga! Rutahizamu wa APR FC wigaragaje rimwe akomeje kunyuzwamo ijisho n'abafana kubera umusaruro we ari gutanga - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Akomeje kuyiba ntamiyaga! Rutahizamu wa APR FC wigaragaje rimwe akomeje kunyuzwamo ijisho n'abafana kubera umusaruro we ari gutanga.

Rutahizamu Victor Mbaoma waje atsinda Marine Fc ibitego bitatu, akomeje kugaragaza intege nke.

Nyuma y'umukino wa Marine Fc, uyu rutahizamu amaze gukikana umukino ibiri gusa ntabwo yigaragaza.

Abafana batangiye kumucyemanga ku mukino wa Mukura VS none bikomereje no kuri Rayon Sports aho yavuyemo ateye umupira mbarwa mu izamu.

Igitutu gikomeje kuba cyinshi kuri APR FC nyuma y'aho iguriye abakinnyi b'abanyamahanga.



Source : https://yegob.rw/akomeje-kuyiba-ntamiyaga-rutahizamu-wa-apr-fc-wigaragaje-rimwe-akomeje-kunyuzwamo-ijisho-nabafana-kubera-umusaruro-we-ari-gutanga/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)