Bari bamuhitanye: Umunyamakuru wa RBA yavuze amagambo atashimishije abakunzi ba APR FC gusa ibyo bamukoreye ntazigera abyibagirwa - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Bari bamuhitanye: Umunyamakuru wa RBA yavuze amagambo atashimishije abakunzi ba APR FC gusa ibyo bamukoreye ntazigera abyibagirwa.

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda ndetse ukunzwe na benshi kubera uburyo akorana ubuhanga buhanitse umwuga we kandi akabivanga n'ubushishozi yibasiwe bikomeye n'abakunzi ba Gitinyiro nyuma yo gutangaza amagambo atabashimishije.

Kayishema Tity Thierry ukorera itangazamakuru ry'Igihugu nyuma y'uko rutahizamu Victor Mbaoma arase penaliti yabajije abamukurikira kuri Instagram ye niba uyu rutahizamu yaba yakiriwe gusa yasubijwe amagambo atari nyuma yo kubaza iki kibazo.

Amwe mu magambo yuje uburakari abakunzi ba APR FC basubije umunyamakuru Kayishema:



Source : https://yegob.rw/bari-bamuhitanye-umunyamakuru-wa-rba-yavuze-amagambo-atashimije-abakunzi-ba-apr-fc-gusa-ibyo-bamukoreye-ntazabyibagirwa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)