Burya koko ntabyera ngo de! Lionel Messi yasizwe icyasha gikomeye nyuma yo kwandikira amateka muri Inter Miami - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Burya koko ntabyera ngo de! Lionel Messi yasizwe icyasha gikomeye nyuma yo kwandikira amateka muri Inter Miami.

Rutahizamu Lionel Messi ufite ubuhanga budashidikanywaho ndetse ufatwa nka nimero ya mbere ku Isi muri ruhago nyuma yo gutsinda ibitego bitanu mu mikino itatu gusa yakiniye ikipe ya Inter Miami yaraye anahawe ikarita y'umuhondo akaba ariyo karita ya mbere uyu mugabo yarahawe kuvuga yagera muri shampiyona ya Amerika.

Lionel Messi ahabwa ikarita ya mbere y'umuhondo kuva yagera mu ikipe ya Inter Miami amaze gutsindira ibitego bitanu mu mikino itatu gusa:



Source : https://yegob.rw/burya-ntabyera-ngo-de-lionel-messi-yasinzwe-icyasha-gikomeye-nyuma-yo-kwandikira-amateka-muri-inter-miami/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)