Burya utuye aho hantu! Nyuma na nyuma The Cat utajya wigaragaza yavuze agace atuyemo muri Kigali
Ubwo Umwe mu bagabo bazwi cyane hano mu Rwanda ariko batazwi amasura, The Cat babalao yabwiraga abantu ko bamubaza ikibazo cyose bifuza, habonetse mo umubaza aho atuye.
Uyu mugabo yamusubije ko atuye "Ikabuga", naho abagiye bamubaza amazina ye ntacyo yabatangarizaga.
Â
Â