Gatsibo: Hari umugabo uri gusaba abagore ba abandi ko baryamana wabyanga ugahura n'uruva gusenya - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y'umugabo uzengereje abaturage abasaba ko baryamana babyanga agahita atangira kubatoteza no kubateranya ku bagabo babo.

Abaturage bavuga ko ababangamiye kuko ngo iyo ahusabye ko muryamana ukabyanga ahita ajya kubibwira umugabo wawe ugasanga urugo rurasenyutse kubera uwo mugabo.

Umwe mu bagore yagerageje kwaka ko baryamana yagize ati: Twahuriye mu muhanda arambwira ngo turyamane Kandi ngo ntimbyanga azampiga kugeza mfuye.

Src. BTN



Source : https://yegob.rw/gatsibo-hari-umugabo-uri-gusaba-abagore-ba-abandi-ko-baryamana-babyanga-ugahura-nuruva-gusenya/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)