Iyo atabikora ntabwo APR yari gutsinda: Umuyobozi mukuru wa APR FC yakoze ibintu bidasanzwe byatumye APR itsinda gusa ubwo yabikoraga yatahuwe n'umunyamakuru wa RBA maze nawe ahita abishyira kukarubanda none bikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambag

webrwanda
0

Iyo atabikora ntabwo APR yari gutsinda: Umuyobozi mukuru wa APR FC yakoze ibintu bidasanzwe byatumye APR itsinda gusa ubwo yabikoraga yatahuwe n'umunyamakuru wa RBA maze nawe ahita abishyira kukarubanda none bikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga.

Umuyobozi w'icyubahiro w'ikipe ya APR FC ubwo igice cya mbere cyarangiraga yafashe telefone ye ngendanwa maze arahamagara n'uko umunyamakuru Rugangura Axel ukorera RBA abibonye ahita afata amashusho ayashyira kuri Instagram ye agira ati :'Twizere ko call ya afande haricyo igiye guhindura mu gice cya kabiri'.

Ubwo afande Richard yahamagara ikipe ya APR FC yari itaratsinda igitego nta kimwe gusa ukurikije amagambo uyu munyamakuru yavuze birashoboka ko hari kintu gikomeye Chairman wa APR FC afande Richard yabwiye abakinnyi ndetse n'umutoza w'iyi kipe mbere y'uko bagaruka mu kibuga kubera impinduka zahise zigaragara bakigaruka.

Amafoto ya afande Richard ari guhamagara:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona amashusho yashyizwe kuri Instagram ya Rugangura Axel afande Richard ari kuri telefone:



Source : https://yegob.rw/iyo-atabikora-ntabwo-apr-yari-gutsinda-umuyobozi-mukuru-wa-apr-fc-yakoze-ibintu-bidasanzwe-byatumye-apr-itsinda-gusa-ubwo-yabikoraga-yatahuwe-numunyamakuru-wa-rba-maze-nawe-ahita-abishyira-kukaruba/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)