Kabaye: Umutoza wa APR FC ari mu mazi abiri kubera ibintu bitari byiza ari gushinjwa  - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kabaye: Umutoza wa APR FC ari mu mazi abiri kubera ibintu bitari byiza ari gushinjwa.

Umutoza mushya w'ikipe ya APR FC Thierry Froger nyuma yo kugaragaraza urwego ruri hasi byatangiye kuvugwa ko ashobora gusezererwa n'iyi kipe y'ubukombe mu Rwanda akaba yasimburwa n'umutoza w'ikipe ya Mukura Victory Sports.

Umufaransa Thierry Froger kuva yagera mu ikipe ya APR FC yagaragaje urwego ruri hasi cyane biba akarusho ubwo yandagazwaga n'ikipe ya Rayon Sports kuri Super Cup.

Uyu mugabo watangiye gushindikanyaho na bamwe mu bakunzi ba APR FC ndetse n'abantu bareba ruhago yo mu Rwanda hari amakuru avuga ko n'abakinnyi ubwabo bashidikanya kubushobozi bwe kubera imyitozo abaha iri hasi.

 

 



Source : https://yegob.rw/kabaye-umutoza-wa-apr-fc-ari-mu-mazi-abiri-kubera-ibintu-bitari-byiza-ari-gushinjwa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)