Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze kugera muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti -AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

 

Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti.

Umuhanzi Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chris Eazy yageze i Lusaka muri Zambia aho biteganyijwe ko azataramira abutuye mu murwa mukuru wa Lusaka ku wa gatandatu tariki 26 Kanama 2023 aho yari aherekejwe n'umujyanama we Junior Giti.

Amafoto:



Source : https://yegob.rw/kubera-ibyishimo-izuba-ntabwo-yaryumvaga-umuhanzi-chris-eazy-yamaze-kugera-muri-zambia-aho-agiye-gutaramira-aherekeje-na-bossi-we-junior-giti-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)