Kuki iyo bari gutwika amakara mu cyokezo adahinduka ivu nk'uko bigenda iyo uyacanye ku mbabura? - Menya impamvu - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kugira ngo umuriro wake bisaba ko uba uri ahantu hagera oxygen.

Mu cyokezo cy'amakara, baba batabye ibiti ku buryo oxygen itabasha kugeramo. Umuriro ukoresha oxygen iba iri mu biti ukabitwika, yashiramo ukazima byamaze kuba amakara. Iyo ni yo mpamvu ituma amakara aba afite Carbon dioxide nta oxygen.

Iyo oxygen yabashije kwinjira mu cyokezo, habaho impanuka bigatomboka umuriro ugakongora, ku buryo bishora no guteza inkongi ikomeye.



Source : https://yegob.rw/kuki-iyo-bari-gutwika-amakara-mu-cyokezo-adahinduka-ivu-nkuko-bigenda-iyo-uyacanye-ku-mbabura-menya-impamvu/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)