'Na Shaddy Boo nibyo ashaka ko azakorerwa nibaza kumusaba iwabo' Hari umuco ukomeje gutangaza abatari bake nyuma y'uko abantu bagiye gusaba umugeni bagendesha amavi nk'impinja (gukambakamba) kugira ngo bahabwe ikaze mu nzu y'iwabo w'umukobwa bagiye gusaba

webrwanda
0

'Na Shaddy Boo nibyo ashaka ko azakorerwa nibaza kumusaba iwabo' Hari umuco ukomeje gutangaza abatari bake nyuma y'uko abantu bagiye gusaba umugeni bagendesha amavi nk'impinja (gukambakamba) kugira ngo bahabwe ikaze mu nzu y'iwabo w'umukobwa.

Mu mashusho Shaddy Boo yavuzeho ko na we ashaka ko umuntu uzaze kumusaba azabikora, yerekanye bumwe mu bwoko bwo mu gihugu cya Uganda, aho abaje gusaba umugeni basabwa gukambakamba kugira ngo binjire mu rugo rw'iwabo w'umukobwa.

Ubu bwoko bwitwa Acholi bukaba buherereye mu majyaruguru ya Uganda.

VIDEWO

Ibi nibyo nanjye nshaka pic.twitter.com/2DPnuthkES

â€" Shaddyboo (@shaddyboo__92) August 1, 2023



Source : https://yegob.rw/na-shaddy-boo-nibyo-ashaka-ko-azakorerwa-nibaza-kumusaba-iwabo-hari-umuco-ukomeje-gutangaza-abatari-bake-nyuma-yuko-abantu-bagiye-gusaba-umugeni-bagendesha-amavi-nkimpinja-gukambakamba-kugir/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)