Niba wabiryaga buri munsi zibukira kuko washyiraga intanga zawe mubyago: Menya amafunguro ukwiriye kugendera kure kubera ko yica intanga ngabo - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Niba wabiryaga buri munsi zibukira kuko washyiraga intanga zawe mubyago: Menya amafunguro ukwiriye kugendera kure kubera ko yica intanga ngabo.

Dore amafunguro abagabo bakwiriye kwitondera kurya buri munsi ku bw'intanga zabo:

Abagabo bose bagirwa inama yo kugendera kure ibyo kurya byose birimo inyama nyinshi zabanje kunyuzwa mu byuma cyangwa se zabanje gutegurwa mu buryo budasanzwe.

Inyama zishyirwa mu majwi ni: Bacon, Sausages na Hot dogs ndetse n'ubundi bwoko butandukanye bw'izindi nyama.

Ibindi abagabo bakwiriye kwirinda ni amafunguro yinganjemo ibikomoka kuri Soya cyane 'Soya Products' kubera ko ibi iyo ubiriye bigira ingaruka zikomeye ku ngano y'intanga ngabo ndetse n'ubudahangarwa bwazo nk'uko ikinyamakuru Fleekloaded cyibitangaza.

Mu buryo bweruye abagabo bose bagirwa inama yo kwirinda kurya amafunguro yanyujijwe mu byuma bitegura ibiryo ndetse ababiriye bakirinda guhora babirya buri munsi mu rwego rwo kurinda intanga zabo.

 

 



Source : https://yegob.rw/niba-wabiryaga-buri-munsi-zibukira-kuko-washyiraga-intanga-zawe-mubyago-menya-amafunguro-ukwiriye-kugendera-kure-kubera-ko-yica-intanga-ngabo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)