"Ntago nsubiramo" umugabo yagiye gusezerana mu murenge asoma nabi bamubwiye ko asubiramo aratsemba ariko bitewe n'uburyo yabisubijemo bikomeje gutangaza benshi - Videwo - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucacana amashusho atangaje y'umugabo witwa Pierre n'umugore we bagiye mu gusezerana mu murenge bagasoma nabi ibyo bagombaga gusoma.

Igitangaje ni uburyo Pierre yabwiwe ko agomba gusubiramo ariko agatsemba akavuga ko a adashobora gusubiramo. AMASHOSHO



Source : https://yegob.rw/ntago-nsubiramo-umugabo-yagiye-gusezerana-mu-murenge-asoma-nabi-bamubwiye-ko-asubiramo-aratsemba-ariko-bitewe-nuburyo-yabisubijemo-bikomeje-gutangaza-benshi-videwo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)