"Pierre urasubiramo. Ntabwo nsubiramo" Wa mugabo witwa Pierre wanze gusubiramo indahiro ku Murenge yavuze ukuntu byagenze kugira ngo yange kongera gusubiramo (VIDEWO) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

'Pierre urasubiramo. Ntabwo nsubiramo' Wa mugabo witwa Pierre wanze gusubiramo indahiro ku Murenge yavuze ukuntu byagenze kugira ngo yange kongera gusubiramo.

Mu kiganiro ku Umusambi Tv, Pierre wabaye kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye nyuma yo kwanga gusubiramo indahiro yavuze uko byagenze.

Pierre avuga ko yanga gusubiramo indahiro, yabivuze gake kugira ngo anezeze umukunzi we wari wijimye mu maso bikagaragara nabi mu maso.

Pierre yavuze ko ubwo yasubizaga umuyobozi ko atari busubiremo yabivuze gake ku buryo abari bari mu cyumba ntanumwe wabyumvishe usibye ibyuma bifata amajwi byari biri aho.



Source : https://yegob.rw/pierre-urasubiramo-ntabwo-nsubiramo-wa-mugabo-witwa-pierre-wanze-gusubiramo-indahiro-ku-murenge-yavuze-ukuntu-byagenze-kugira-ngo-yange-kongera-gusubiramo-videwo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)