"Ubaye inganzwa ukubaka neza haricyo bitwaye" Umukinnyikazi wa filime ugezweho mu Rwanda yagiriye inama abagabo batinya kuba inganzwa z'abagore babo aho yaberetse ubutunzi bungana nk'izahabu bwihishe inyuma yo guca bugufi ibi bifatwa nko kuba inganzwa - Y

webrwanda
0

'Ubaye inganzwa ukubaka neza haricyo bitwaye' Umukinnyikazi wa filime ugezweho mu Rwanda yagiriye inama abagabo batinya kuba inganzwa z'abagore babo aho yaberetse ubutunzi bungana nk'izahabu bwihishe inyuma yo kuganduka.

Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV ku muyoboro wa YouTube.

Ari mu kiganiro kuri iyo shene, umukinnyi wa Filime nyarwanda, Pascaline wamenyekanye muri filime y'uruhererekane Inzozi yabwiye abagabo icyatuma wubaka neza.

Yavuze ku kintu cy'uko umugabo iyo aciye bugufi birangira abaye inganzwa, aho yagize ati: ' Ubaye inganzwa ukubaka neza, usibye ko atari n'inganzwa nk'uko babyita. Uzi ukuntu buriya abagabo baca bugufi bubaka neza.'



Source : https://yegob.rw/ubaye-inganzwa-ukubaka-neza-haricyo-bitwaye-umukinnyikazi-wa-filime-ugezweho-mu-rwanda-yagiriye-inama-abagabo-batinya-kuba-inganzwa-zabagore-babo-aho-yaberetse-ubutunzi-bungana-nkizahabu-bwihi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)