Urubyiruko rugomba guhabwa inshingano mu bikorwa byubaka igihugu-Perezida Kagame #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko urubyiruko rudakwiye kuba urukurikira gusa, ahubwo rugomba guhabwa inshingano zo kuyobora mu nzego zinyuranye zigamije kubaka Igihugu.

Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 24 Kanama 2023, ubwo yakiraga indahiro z'abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma.

The post Urubyiruko rugomba guhabwa inshingano mu bikorwa byubaka igihugu-Perezida Kagame appeared first on FLASH RADIO&TV.



Source : https://flash.rw/2023/08/24/perezida-kagame-asanga-urubyiruko-rugomba-guhabwa-inshingano-mu-bikorwa-byubaka-igihugu/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=perezida-kagame-asanga-urubyiruko-rugomba-guhabwa-inshingano-mu-bikorwa-byubaka-igihugu

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)