"Yabyutse agiye gukora ikizamini birangira yisanze muri gereza" Uko Umunyeshuri wari uri gukora ibizamini bya Leta yafatiwe mu cyuho ari gukopera agahita atabwa muri yombi nk'abandi banyabayaha bose nyuma yo kubona ko ibyo yakoze ari indengakamere - YEGOB

webrwanda
0

'Yabyutse agiye gukora ikizamini birangira yisanze muri gereza' Uko Umunyeshuri wari uri gukora ibizamini bya Leta yafatiwe mu cyuho ari gukopera agahita atabwa muri yombi nk'abandi banyabayaha bose nyuma y'ibyo yafatanwe

Ku kigo cy'ishuri cya ESIR, giherereye i Musanze hafashwe umukandida wigenga witwa M. Edith yafatanwe telefone ari mu Cyumba cy'ibizamini arimo areba ibibazo n'ibisubizo by'Ikizamini cya Principles of Economics ikizamini cyari kirimo gukorwa,

Ikizamini bari bagihawe kuri group whatsapp iriho abantu 19 ejo ku wa 30/07/2023 saa 8:53Pm. Nkuko bigaragara kuri whattsapp ya telefone yafatanwe

Ku makuru Mujawamariya Edith yatanze nuko iyi group iriho abanyeshuri 19 Kandi yatubwiyeko bagihawe n'umwarimu wabo witwa Jean [ ***] avugako atuye Rubavu.

Police na RIB batangiye gukurikiirana kugira ngo hamenyekane aho ikizamini cyaturutse

Ikizamini yafatanwe muri telefone nyuma y'igenzura twasanze gisa n'icyateguwe.

Yashikirizwe RIB kugira ngo hafatwe n'abandi babigizemo uruhare.



Source : https://yegob.rw/yabyutse-agiye-gukora-ikizamini-birangira-yisanze-muri-gereza-uko-umunyeshuri-wari-uri-gukora-ibizamini-bya-leta-yafatiwe-mu-cyuho-ari-gukopera-agahita-atabwa-muri-yombi-nkabandi-banyabayaha-bos/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)