Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n'umugore we kubera ko yatinze kumukingurira - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n'umugore we kubera ko yatinze kumukingurira.

Abo kuri X yahoze yitwa Twitter bakiriye nabi amakuru yatangajwe na Kasuku, aho yavuze ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n'umugore we.

Kasuku yavuze ibyo maze yakirizwa ibitutse kuko ayo makuru yatangaje atari ayafitiye gihamya.

UKO BYATANGIYE

IBYO BAVUZE



Source : https://yegob.rw/abakoresha-x-batutse-uwanditse-ko-meddy-yaraye-mu-bitaro-nyuma-yo-gukibitwa-numugore-we-kubera-ko-yatinze-kumukingurira/?utm_source=rss=rss=abakoresha-x-batutse-uwanditse-ko-meddy-yaraye-mu-bitaro-nyuma-yo-gukibitwa-numugore-we-kubera-ko-yatinze-kumukingurira

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)