Agahinda ntikica, kagira mubi! Abafana ba Rayon Sports ubwo barebaga umukino wa Al Hilal Benghazi ibamereye nabi bari bamanjiriwe bafite agahinda ku maso yobo - AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu mukino wo kwishyura w'ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup, wahuzaga Rayon Sports na Al Hilal Benghazi, abakunzi ba Murera bari bamanjiriwe nyuma yuko abarabu babatsinze igitego ku isogonda rya 38 umukino ugitangira.

Iki gitego cyaciye intege abafana ba Rayon Sports, ku buryo bahise bamera nk'abanyagiwe n'imvura maze ya mifanire yabo bazwiho iburirwa irengero.

Rayon Sports yakomeje guhatana, biza kurangira ibonye igitego cyo kwishyura gusa birangira isezerewe kuri Penariti 4-2 kuko igiteranyo k'ibitego byari 2-2 mu mukino yose. Birangira isezerewe muri CAF Comfederation Cup itageze mu matsinda.



Source : https://yegob.rw/agahinda-ntikica-kagira-mubi-abafana-ba-rayon-sports-ubwo-barebaga-umukino-wa-al-hilal-benghazi-ibamereye-nabi-bari-bamanjiriwe-bafite-agahinda-ku-maso-yobo-amafoto/?utm_source=rss=rss=agahinda-ntikica-kagira-mubi-abafana-ba-rayon-sports-ubwo-barebaga-umukino-wa-al-hilal-benghazi-ibamereye-nabi-bari-bamanjiriwe-bafite-agahinda-ku-maso-yobo-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)