I Kigali, mu ijoro abatunze imodoka baraye batonze Umurongo kuri za sitasiyo za Lisansi bagiye kunywesha ibiciro bitari byazamuka (AMAFOTO) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

I Kigali, mu ijoro abatunze imodoka baraye batonze Umurongo kuri za sitasiyo za Lisansi bagiye kunywesha ibiciro bitari byazamuka.

Hirya no hino muri Kigali ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, kuri sitasiyo za lisansi na mazutu hagaragaye umurongo muremure w'ibinyabiziga bishaka lisansi. Kugira ngo umuntu abone lisansi, birasaba gutonda umurongo no gutegereza umwanya munini.

Uyu murongo watewe ni uko wari umunsi wa nyuma wo kunywesherezaho Lisansi ku giciro cyiri hasa.

Ejo yari iri kugura 1600 ubu yageze ku 1800.



Source : https://yegob.rw/i-kigali-mu-ijoro-abatunze-imodoka-baraye-batonze-umurongo-kuri-za-sitasiyo-za-lisansi-bagiye-kunywesha-ibiciro-bitari-byazamuka-amafoto/?utm_source=rss=rss=i-kigali-mu-ijoro-abatunze-imodoka-baraye-batonze-umurongo-kuri-za-sitasiyo-za-lisansi-bagiye-kunywesha-ibiciro-bitari-byazamuka-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)