Niwe muntu udashobora guhitanwa n'impanuka uko yaba imeze kose bitewe n'ukuntu ameze mu maso -AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Graham ni ikiremwa giteye nk'umuntu cyakozwe, uyu yakozwe n'abahanga mu bya siyansi, bakaba bari bagamije kwerekana ibisabwa ku mubiri w'umuntu kugira ngo abashe kuba yarokoka impanuka y'imodoka, uko yaba iteye kose.

Graham rero ni ikiremwa (robot) cyakozwe n'ikigo Transport Accident Commission (TAC) by'umwihariko abahanga barimo uwitwa Patricia Piccinini, Dr.

David Logan na Christian Kenfield usanzwe ari inzobere mu bijyanye n'imvune.

Aba bihurije hamwe ndetse begeranya ibitekerezo, byavuyemo ikiremwa kigamije kwereka isi, ibikenewe ku mubiri w'umuntu, kugira ngo ajye agenda mu muhanda afite umutekano ndetse atikanga kwicwa n'impanuka isaha iyariyo yose.



Source : https://yegob.rw/niwe-muntu-udashobora-guhitanwa-nimpanuka-bitewe-nukuntu-ameze-mu-maso-amafoto/?utm_source=rss=rss=niwe-muntu-udashobora-guhitanwa-nimpanuka-bitewe-nukuntu-ameze-mu-maso-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)