Umukinnyi uri kwisonga mu batwaye Champions League nyinshi yeruye atangaza ikipe izegukana iki gikombe gusa ibyo yavuze byatumye n'abakunzi b'iyi kipe batamushyigikira - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinnyi uri kwisonga mu batwaye Champions League nyinshi yeruye atangaza ikipe izegukana iki gikombe gusa ibyo yavuze byatumye n'abakunzi b'iyi kipe batamushyigikira.

Myugariro w'ikipe y'igihugu y'u Bufaransa Varane wakanyujijeho mu ikipe ya Real Madrid ubu akaba akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy'u Bwongereza yatangaje ko abona bishoboka ko ikipe ya Manchester United yatwara igikombe cya Uaefa Champions League.

Varane wegukanye iki gikombe inshuro zigera kuri enye abantu benshi ntabwo bigeze bemeranya nawe ubwo yatangazaga ko Manchester United ishobora kwegukana igikombe cya Uaefa Champions League impamvu ntayindi nuko iyi kipe imaze iminsi igaragagaza urwego ruri hasi cyane.



Source : https://yegob.rw/umukinnyi-uri-kwisonga-mu-batwaye-champions-league-nyinshi-yeruye-atangaza-ikipe-izegukana-iki-gikombe-gusa-ibyo-yavuze-byatumye-nabakunzi-biyi-kipe-batamushyigikira/?utm_source=rss=rss=umukinnyi-uri-kwisonga-mu-batwaye-champions-league-nyinshi-yeruye-atangaza-ikipe-izegukana-iki-gikombe-gusa-ibyo-yavuze-byatumye-nabakunzi-biyi-kipe-batamushyigikira

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)