No title

webrwanda
0

Umupira Chritian yakaze ukavamo igitego cya APR FC 

Victor Mbaoma yahise aterekamo umutwe ntagutinza 

uruhande rw'ibumoso bwa APR FC, niho  hari kuva imipira iri gutesha umutwe Bugesera FC

Buesera FC yagiwe na nimero kabiri wayo Isingizwe Rodrigue ubona ko yananiwe gufata Ishimwe Christian kandi imipira yose iri kubateza ibibazo ariho ituruka.

29" APR FC nanone ihushije igitego, ku mupira ukaswe na Ishimwe Christian, ariko Mbaoma ateretseho umutwe, asanga umupira urahavuye.

27" Amakipe yombi ari gukinira mu kibuga hagati, gusa Bugesera nayo ikanyuzamo igasatira izamu.




17" Igitego cya APR FC. N'ubundi kubutumwa yari amaze kubaha mukanya, Victor Mbaoma atsinze igitego cya mbere cya APR FC ku mupira ateye n'umutwe uturutse kwa Ishimwe Christian umunyezamu ntiyamenya aho unyuze.

15" APR FC itsinze igitego umusifuzi avuga ko habayeho kurarira kuri Victor Mbaoma

Mu mikino 17 ya shampiyona imaze guhuza aya makipe, APR FC yatsinzemo imikino 13 itsinda ibiri, banganya ibiri. Bugesera FC iheruka gutsinda APR FC ibitego 2-1 tariki 7 Ukwakira 2022.

2017 nabwo APR FC yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 2-1 akaba arizo nshuro zonyine Bugesera FC yatsinze APR FC muri shampiyona.


Nzira kuva yagera muri APR FC ntabwo ava mu izamu


Ani umukinnyi wa Bugesera FC wo kwitega muri uyu mukino

Umutoza Nshimiyimana Eric wa Bugesera FC yahisemo gukoresha:

Habarurema Gahungu

Mukengele Christian

Muhoza Tresor

Isingizwe Rodrigue

Stephen Bonny

Kaneza Augustin

Dukundane Pacifique

Gakwaya Leonard

Vincent Adams Koffi

Tuyihimbaze Gilbert

Ani Elijah

04" Bugese FC ihushije igitego cyari cyabazwe, ku mupira Gakwaya asigaranye n'umunyezamu wa APR FC ariko umupira awutera hanze

Abakinnyi 11 umutoza Thierry wa APR FC yabanje mu kibuga

Pavelh Nzira

Omborenga Fitina

Ishimwe Christian

Nshimiyimana Yunussu

Niyigena Clement

Taddeo Luanga

Niyibizi Ramadhan

Ruboneka Bosco

Alain Kwitonda Bacca

Mugisha Gilbert

Victor Mboama


18:00" Umukino uratangiye

17:56" Amakipe yombi agarutse mu kibuga, umukino ukaba ubura iminota micye ngo utabgire

15:50" Abakinnyi b'abasimbura bagarutse mu kibuga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Ukwakira, shampiyona y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru yakomeje hakinwa imikino igera kuri 4.

Iyi mikino igiye gusorezwa n'umukino uhuza APR FC yakiriye Bugesera FC ikomoka mu Burasirazuba bw'u Rwanda.

APR FC igiye kumanuka mu kibuga nyuma yo gutsinda ikirarane yatsinzemo Musanze FC ibitego 2-1.



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/135267/live-apr-fc-yakiriye-bugesera-fc-ishaka-kwihimura-135267.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)