Abafana ntibazajya banyagirwa! Sitade Amahoro iri kubakwa nk'iz'i Burayi yenda kuzura - VIDEWO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Imirimo yo kubaka sitade Amahoro irarimbanyije aho ubu ikigezweho hari gusakarwa aho abafana bazajya bicara kugira ngo batajya banyagirwa.

Iyi sitade Amahoro biteganyijwe ko izuzura hagati mu mwaka wa 2024.



Source : https://yegob.rw/abafana-ntibazajya-banyagirwa-sitade-amahoro-iri-kubakwa-nkizi-burayi-yenda-kuzura-videwo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)