Abagore b'i Musanze bari kwiba utwo babonye twose nyuma y'uko abagabo babo banze guhahira abana bababyayeho - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abagore b'i Musanze bari kwiba utwo babonye twose nyuma y'uko abagabo babo banze guhahira abana bababyayeho.

Mu karere ka Musanze haravugwa inkuru y'abagore bishoye mu ngeso mbi z'ubujura aho baba bashaka ibibatunga n'abana babo.

Bamwe mu baturage bavuga ko abo bagore bishoye muri izo ngeso kubera abagabo babo banze guhahira ingo zabo.

Bavuga ko abo bagore batanatinya kwiba n'inkono ziri ku ziko bakazijyana.

Umuyobozi bwo buvuga ko iki kibazo bakiganiriyeho n'abaturage mu nteko rusange aho bemeje ko bagiye gushaka abo bagore bagahanwa.



Source : https://yegob.rw/abagore-bi-musanze-bari-kwiba-utwo-babonye-twose-nyuma-yuko-abagabo-babo-banze-guhahira-abana-bababyayeho/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)