Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Bizagorana kubona undi nkawe: Umukinnyi wa Chelsea yanditse amateka adasanzwe azahora yibukwa.

Mu mukino wahuzaga ikipe ya Chelsea FC n'ikipe ya Manchester City umunya Brazil Thiago Silva yatsinze igitego ku munota wa 29 w'umukino cyatumye aba umukinnyi wa kane mu mateka ya Premier League utsinze igitego afite imyaka 39 y'amavuko.

Thiago Silva yanditswe mu gitabo kimwe n'abandi bakinnyi bakurikira: Teddy Sheringham, Dean Windass na Ryan Giggs.



Source : https://yegob.rw/bizagorana-kubona-undi-nkawe-umukinnyi-wa-chelsea-yanditse-amateka-adasanzwe-azahora-yibukwa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)