Rihanna yagaragaye mu nkweto zidasanzwe #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi Rihanna n'umuhungu we RZA ubwo bari mu Mujyi wa NewYork bagaragaye bambaye inkweto zidasanzwe.

Rihanna yari yambaye ikoti ry'umukara rire rire , n'ipantaro y'umukara imufasha cyane kuburyo bigaragara ko ishobora kuba ikoranye n'umubiri we.

Ubusanzwe Rihanna ni umunyamideri wabyinjiyemo cyane ubwo yari akiri mu buhanzi cyane ndetse na nyuma y'aho.

Ikinyamakuru Vogue cyanditse ko Rihanna yari afashe mu ntoki inkweto z'umuhungu we w'umwaka umwe n'igice witwa RZA ari iruhande rw'imodoka 2.

Kugeza ubu umugabo wa Rihanna A$AP Rocky ari mu bibazo byo kuburana mu nkiko aho ashinjwa kurasa uwahoze ari umukunzi we.

Rihanna ntabwo yigeze yigaragaza mu rubanza rwe kuva yatangira kuburana.

The post Rihanna yagaragaye mu nkweto zidasanzwe appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/rihanna-yagaragaye-mu-nkweto-zidasanzwe/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)