Titi Brown yaherewe akayabo k'amafaranga mu gitaramo cya Gen-Z Comedy #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu gitaramo cya Gen-Z Comedy kimaze kugarukwaho n'abatari bake kubera imitegurire yanyiracyo abinyujije mu gutumira itangazamakuru ritandukanye, niho Titi Brown yaherewe amafaranga.

 

Merci Fally utegura iki gitaramo yatunguwe no kubona umubyinnyi Titi Brown yitabiriye iki gitaramo ubwo cyabaga mu ijoro ryo ku wa 16 Ugushyingo 2023.

 

 

Ubwo uyu munyarwenya ukunze gufasha impano z'abantu batandukanye kwigaragaza , yabonaga Titi Brown , yasabye abantu kumuremera mu rwego rwo ku mwereka urukundo, maze nabo baramwumvira Titi Brown atungurwa n'umubare w'amafaranga bamuhaga.

Hamwe na Fally utegura Gen-Z Comedy

 

The post Titi Brown yaherewe akayabo k'amafaranga mu gitaramo cya Gen-Z Comedy appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/titi-brown-yaherewe-akayabo-kamafaranga-mu-gitaramo-cya-gen-z-comedy/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)