Umuhanzi Snoop Dogg yatangaje ko yavuye ku itabi burundu #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umwe mu bahanzi bokomeye muri Amerika, wamamaye cyane mu njyana ya Hip Hop yatangaje ko yavuye ku itabi ndetse asaba abantu kumuha amahoro no kubaha ubuzima bwe bwite.

 

Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze Snoop Dogg yavuze ko atakinywa itabi , ndetse abuza n'abantu kumwinjirira mu buzima bwe bwite.Uyu muhanzi wagiye avugwaho kunywa itabi ryo mu bwoko bwa Marijuana , yagize ati:

'Nyuma yo kubyitaho cyane ndetse no kuganira n'umuryango n'inshuti, nahisemo kuva ku itabi.Rero ndabasabye mwubahe ubuzima bwanjye bwite'.

Ubusanzwe Snoop Dogg w'imyaka 52 y'amavuko yashyirwaga mu gatebo kamwe n'abahanzi bagendera kuntero y'abarimo Bob Marley n'abandi bakemeza ko batava ku itabi.

The post Umuhanzi Snoop Dogg yatangaje ko yavuye ku itabi burundu appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/umuhanzi-snoop-dogg-yatangaje-ko-yavuye-ku-itabi-burundu/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)