Umukobwa arashinja umuganga wo ku bitaro bya Gahini kumurya utwe nyuma yo kumwemerera ko azamukuriramo inda - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi haravugwa inkuru y'umukobwa w'Imyaka 18 ushinja umuganga kumukuriramo inda bikanga kandi yamwishyuye.

Uyu mukobwa utuye mu Murenge wa Murundi arashinja Umuganga wo kubitaro bya Gahini witwa Daniel Urimubenshi kumukuriramo inda bikanga, akanga kumusubiza ibihumbi 25FRW yari yabanje kumuha.

Bari bumvikanye ko azamwishyura ibihumbi 40 Rwf aba amwushyuye ibihumbi 25Rwf. Ubuyobozi bw'Ibitaro bukavuga ko butabizi bugiye kubikurikirana.



Source : https://yegob.rw/umukobwa-arashinja-umuganga-wo-ku-bitaro-bya-gahini-kumurya-utwe-nyuma-yo-kumwemerera-ko-azamukuriramo-inda/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)