Vuba aha agiye gusesekara i Kigali! Rurangiranwa mu guconga ruhago ku Isi, Ronaldinho Gaùcho yatangaje ko agiye kuza mu Rwanda - VIDEWO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Rurangiranwa mu guconga ruhago ku Isi, Ronaldo De Assis Moreira, wamenyekanye nka Ronaldinho Gaùcho ubu ufite imyaka 43, yamaze gutangaza ko azaza kwitabira imikino y'igikombe cy'isi cy'abakanyujijeho muri ruhago (Veteran Clubs World Championship) izabera hano mu Rwanda mu kwezi kwa Nzeri(9) k'umwaka utaha 2024.

We n'ibindi byamamare byinshi muri ruhago bazaba biteraniye I Kigali mu Rwanda. Imikino izabera muri stade Amahoro izaba yararangiye kubakwa mu kwezi kwa 5.



Source : https://yegob.rw/vuba-aha-agiye-gusesekara-i-kigali-rurangiranwa-mu-guconga-ruhago-ku-isi-ronaldinho-gaucho-yatangaje-ko-agiye-kuza-mu-rwanda-videwo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)