Wowe umukundira iki? Niba uri mu munyega w'urukundo, dore ibibazo ukwiye kwibaza ukamenya niba umukunzi wawe umukunda urukundo nyakuri rudashingiye ku mafaranga, imiterere cyangwase buri kimwe cyose  - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Niba uri mu munyega w'urukundo, dore ibibazo ukwiye kwibaza ukamenya niba ukunda umukunzi we nyakuri ntacyo ushingiyeho.

. Niba umukunzi wawe umukunda kuko agusokana, akaguha buri kimwe cyose, ukamukundira ko arekura amafaranga? Menyako utamukunda ahubwo ukunda amafaranga ye gusa.

. Ese umukunzi wawe umukunda kuko afite imiterere myiza(ateye nk'igisabo), afite umubiri wubakitse neza(yubatse umubiri)? Ubwo ntarukundo nyakuri umukunda ahubwo wikundira imiterere ye gusa.

. Niba ukunda umuntu kuko ubona agukunda cyane, nawe agahitamo kumukunda kuko ubona akwitaho cyane. Menya ko ntarukundo nyakuri umufitiye ahubwo wamugiriye impuhwe.

. Ese umukunda kuko ubo yigirira umutima mwiza, afasha buri umwe wese? Niba aribyo umukundira, menya ko nta rukundo nyakuri umukunda ahubwo wikundira umutima we gusa.

. Niba ujya wibaza icyo ukundira umukunzi wawe ukacyibura, ubwo fatiraho kuko urukundo nyakuri ntacyo rushingiraho.



Source : https://yegob.rw/wowe-umukundira-iki-niba-uri-mu-munyega-wurukundo-dore-ibibazo-ukwiye-kwibaza-ukamenya-niba-umukunzi-wawe-umukunda-urukundo-nyakuri-rudashingiye-ku-mafaranga-imiterere-cyangwase-buri-kimwe-cyose/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)