Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w'amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi (Ukuri yashyize hanze) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w'amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi

Rutahizamu wabiciye bigacika mu makipe akomeye cyane hano mu Rwanda arimo APR FC na Police FC ndetse na Singida yo muri Tanzania Usengimana Danny uherutse guhagarika gukina ruhago nk'uwabigize umwuga nk'uko yabisezeranyije abantu yatangiye kuvuga ukuri ku bintu bibi biba mu mupira w'amaguru hano mu Rwanda.

Danny yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be ubutumire yahawe n'ikipe ya FC Nantes yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy'u Bufaransa 'Ligue 1' ariko bikarangira ikipe ya Police FC yakiniraga yanze kumuha Release Letter byanatumye afata umwanzuro wo kwisangira umugore we muri Canada.

Ibyo Usengimana Danny yatangaje avuga ko ari episode ya mbere atangiye izindi mu minsi mike aratangira kuziha abanyarwanda:



Source : https://yegob.rw/yabujijwe-kujya-gukinira-ikipe-yo-mu-cyiciro-cya-mbere-mu-bufaransa-usengimana-danny-yavuze-amabi-aba-mu-mupira-wamaguru-mu-rwanda-ashinja-ikipe-ikomeye-mu-rwanda-ibintu-byatunguye-benshi-uku/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)