BIRATANGAJE : Igitsina cy'umugabo cyaheze mu mwobo yacukuye mu rugi ngo umufashe gutera akabariro #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umugabo witwa Erik yatangaje ko igitsina cye cyaheze mu mwobo w'urugi yacukuye kugira ngo ujye umufasha gutera akabariro.Uyu mugabo yaje kujyanwa kwa muganga.

 

Ibi ni bimwe mu byabagaho kera, aho bacukuraga umwobo mu bikuta bito bito , umwe akajya imbere undi inyuma bagatera akabariro batarebana.

Kugeza ubu uyu muco ntabwo wemewe gusa hari abakiwukoresha mu bihugu byo hanze na cyane ko ari waturutse.

Ubwo bari mu kiganiro kigaruka k'ubuzima bwabo, Erike na Katie bavuze ibyababayeho bakumva bameze nk'abasebye ariko bakumva nta bundi buryo bwo gushaka uko bakwikura muri icyo kibazo uretse gushaka imbangukiragutabara ikabageza kwa muganga.

Erik yavuze ko yigeze gucukura umwobo mu rugi kugira ngo aryoherwe n'imibonano mpuzabitsina n'umugore we.

Uyu mugore Katie, yavuze ko ubwo umugabo yari ashaka ko batera akabariro binyuze mu rugi, yagikinishije bikarangira kibyibushye kigahera muri uwo mwobo.Yavuze ko ibyo yakoze byose byanze bikarangira bagiye kwa muganga.

 

The post BIRATANGAJE : Igitsina cy'umugabo cyaheze mu mwobo yacukuye mu rugi ngo umufashe gutera akabariro appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/biratangaje-igitsina-cyumugabo-cyaheze-mu-mwobo-yacukuye-mu-rugi-ngo-umufashe-gutera-akabariro/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)