Ninde myugariro uzahagarika uyu rutahizamu muri shampiyona y'u Rwanda? Victor Mbaoma wa APR FC yongeye gufasha APR FC kwandazaga Amagaju ahita aba rutahizamu uyoboye abandi - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Rutahizamu wa APR FC, Victor Mbaoma yongeye gufasha iyi kipe gutsinda Amagaju ibitego 3-1, harimo ibitego 2 bye.

Victor Mbaoma yahise yuzuza ibitego cumi na bibiri muri shampiyona, ni nyuma y'uko nanone aherutse gutsinda ibindi bitego 2 muri 4 APR FC yatsinze Gorilla FC.

Nyuma y'ibitego bibiri, Victor Mbaoma yatsinze muri uyu mukino, yahise agira ibitego 12 muri shampiyona bimuhesha kuyobora ba rutahizamu bafite ibitego byinshi mu Rwanda, byose amaze gukora mu mikino 15 gusa.



Source : https://yegob.rw/ninde-myugariro-uzahagarika-uyu-rutahizamu-muri-shampiyona-yu-rwanda-victor-mbaoma-wa-apr-fc-yongeye-gufasha-apr-fc-kwandazaga-amagaju-ahita-aba-rutahizamu-uyoboye-abandi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)