Nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa, umubyeyi w'umukinnyi w'ikipe ya APR FC yitabye Imana - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa, umubyeyi w'umukinnyi w'ikipe ya APR FC yitabye Imana.

Umukinnyi wo mu kibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Taddeo Lungwa ari mu gahinda kenshi ko kubura se umubyara.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Se umubyara yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe.

Mu butumwa buteye agahinda uyu mukinnyi yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter, yatangaje ko se yitabye Imana nyuma yo kubagwa inshuro 5 mu mezi 2 gusa.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.



Source : https://yegob.rw/nyuma-yo-kubagwa-inshuro-5-mu-mez-2-gusa-umubyeyi-wumukinnyi-wikipe-ya-apr-fc-yitabye-imana/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)