Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy'umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y'umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk'idahari -AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy'umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y'umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk'idahari.

Mu mikino y'igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania APR FC ikomeje guhesha ishema igihugu cy'u Rwanda dore ko mu ijoro rya cyeye yaraye yihereranye ikipe ya Yanga Africans maze ikayitsinda ibitego bitatu kuri kimwe n'umukino umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme yigaragajemo cyane byanatumye atorwa nk'umukinnyi mwiza w'umukino maze ahabwa ibihumbi 750,000 by'amafaranga yo muri Tanzania.

Amafoto:



Source : https://yegob.rw/byari-ibyishimo-bidasanzwe-ubwo-bindjeme-yahabwaga-igihembo-cyumukinnyi-witwaye-neza-kurusha-abandi-nyuma-yumukino-apr-fc-yatsinzemo-yanga-africans-nkidahari-amafoto/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)