Yagitsinze ku munota wa 80 w'umukino! Dore amashusho y'igitego Shaiboub yatsinze cyatumye abakunzi b'ikipe ya Yanga Africans baririra mu myotsi aba APR FC ibyishimo bikabarenga -AMASHUSHO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Yagitsinze ku munota wa 80 w'umukino! Dore amashusho y'igitego Shaiboub yatsinze cyatumye abakunzi b'ikipe ya Yanga Africans baririra mu myotsi aba APR FC ibyishimo bikabarenga.

Mu ijoro rya cyeye ubwo ikipe ya APR FC yahanaga ikipe ya Yanga Africans yo mu gihugu cya Tanzania iyitsinda ibitego bitatu kuri kimwe umunya Sudan Eldin Shaiboub niwe watsinze igitego cya gatatu cy'ikipe ya APR FC cyatumye abakunzi ba Yanga Africans icyizere bari bafite cyo kuba ikipe yabo yakwishyura kiyoyoka maze abakunzi ba APR FC nabo bajya mu bicu biratinda.

Amashusho:

 



Source : https://yegob.rw/yagitsinze-ku-munota-wa-80-wumukino-dore-amashusho-yigitego-shaiboub-yatsinze-cyatumye-abakunzi-bikipe-ya-yanga-africans-baririra-mu-myotsi-aba-apr-fc-ibyishimo-bikabarenga-amashusho/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)