Abasirikari b'Afrika y'Epfo bakomeje gusiga ubuzima muri Kongo #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyuma ya babiri(2) baguye ku rugamba mu kwezi gushize, binavugwa ko mu by'ukuri abapfuye ari benshi kurusha abatangajwe, abandi 2 nabo bamaze gutakaza ubuzima mu mujyi wa Goma.

Itangazo ry'ubuyobozi bw'ingabo muri Afrika y'Epfo riravuga ko abo basirikari barasanye ubwabo, barapfa.

Amakuru atugeraho aravuga ko baba bapfuye indaya.

Uretse ko abasirikari b'iki gihugu bavugwaho ubunyamwuga buke, aboherejwe muri Kongo bo nta na 'Morale' kuko batazi icyo barwanira.

Iyo Nelson Mandela aza kuba akiriho yari guterwa agahinda n'uburyo Afrika y'Epfo, by'umwihariko Ishyaka ANC, biyobowe, dore ko ngo umwiryane na ruswa bivuza ubuhuha.

Kimwe mu bimenyetso ni ubushyamirane butuma n'ingabo zigera aho zisubiranamo.
N'akataraza kari mu nzira!

The post Abasirikari b'Afrika y'Epfo bakomeje gusiga ubuzima muri Kongo appeared first on RUSHYASHYA.



Source : https://rushyashya.net/abasirikari-bafrika-yepfo-bakomeje-gusiga-ubuzima-muri-kongo/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=abasirikari-bafrika-yepfo-bakomeje-gusiga-ubuzima-muri-kongo

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)